Yanditswe na MUTABAZI Fidele
Kuwa 13 kamena 2020
None Tariki ya 13 Kamena 2020 , Nyakubaha Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Poul kagame yategetse ko kuva none ibendera ry’u Rwanda n’iry’umuryango w’Afurika y’iburasirazuba, ari mu Rwanda yururtswa kugeza hagati,uhereye none tariki ya 13 kamena 2020 kugeza igihe nyakwigendera perezida pierre Nkurunziza azashyingurirwa.
Mu itangazo ribyutse ritangazwa ni ibiro bya Minisitiri w’intebe rirakomoza ko u Rwanda rwifatanyije n’abarundi bose n’umuryango wa nyakwigendera muri iki gihe cy’akababaro.

