Leta y’u Rwanda yemeje ko inama mpuzamahanga , ihuza ibihugu mirongo itanu nabitatu (53) byinganjemo ibyahoze bikoronezwa n’ubwonjyereza byibumbiye m’umuryango Commonwealth itacyibaye kuberaingaruka z’icyorezo cya Koronavirusi.
iyi nama yagombaga kubera i Kigali, kunshuro yambere mukwezi kwa gatandatu, kuva u Rwanda rwakwemererwa kwinjira muri uyu muryango muri bibiri nicyenda(2009), isubitswe m’uburyo butunguranye ariko kandi bwari bwitezwe nkuko abatejyetsi bamwe babivuga. isubikwa ry’iyinama izwi kwizina rya CHOGM, ni incamugango k’uRwanda rwari rumaze amezi mubikorwa byo kuyitegura , ariko ibyavuzwe n’abatejyetsi b’u Rwanda bavuga ko ibyakoreshejwe mukiyegura bishobora konjyera kwifashishwa ijyihe izaba yonjyeye kubera m’u Rwanda
Ubunyamabanga bwir’ihuriro rya CHOGM butangaza ko bushyijyicyiye umwanzuro wafashwe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuba iyi nama yasubitswe kubera icyorezo cya Koronavirusi. ni nabwo kandi ibi biro bikuru bya CHOGM byatangaje ko ntakabuza iyi nama ijyihe cyose ingamba zo guhashya icyi cyorezo zatsinze. Inama izabera i Kigali nkuko byari biteganyijwe.
We support the difficult decision taken by @PaulKagame to postpone #CHOGM20 due to #COVID19. During a recent conversation, I confirmed the UK looks forward to the next CHOGM being held in Kigali and will continue as Commonwealth Chair-in-Office until then.
— Dominic Raab (@DominicRaab) April 21, 2020
