Afurika y’Epfo:Hagaragaye ubundi bwoko bwa Coronavirus buteye urujijo
Abahanga mu by’ubuzima n’indwara zandura muri Afurika y’Epfo,bari kwiga ku bwoko bushya bwa virusi itera Corona yamenyekanye mu kwezi kwa Gicuransi. Iyi virusi yiswe C.1.2 kugeza ubu abahanga bavuga ko itarerekana ubushobozi bwayo bwo gukwirakwira vuba,ariko ngo ikaba iteje impungenge kubera ubwandu busanzwe bwiganje muri kiriya gihugu kandi bwiyoberanya. Aba bahanga bemeza ko iyi ndwara […]
Inkuru irambuye