Umutoza w’ikipe y’iguhugu y’u Rwanda, Mashami Vincent,yabwiye Perezida Paul Kagame ko ubwo bari mu myiteguro ya CHAN 2020,abakinnyi bitanze uko bishoboka gusa bagahura n’imbogamizi zitandukanye zirimo kubura imikino ya gicuti no kubura imyitozo ihagije. Ibi yabitangaje ku Cyumweru ubwo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yakiraga Amavubi ayashimira uko yitwaye muri CHAN yarimo ibera muri Cameroun […]
Karemera Abraham wari umushoferi wa Ingabire Marie Immaculée,uyobora umuryango Transparency International Rwanda, yishwe kuri uyu wa 05 Gashyantare 2021 ubwo yari avuye ku kazi. Iyi nkuru y’incamugongo yashenguye cyane uyu mubyeyi wabuze umushoferi we wapfuye bamaze akanya batandukanye. Aganira n’ikinyamakuru Ukwezi dukesha iyi nkuru,Ingabire Marie Immaculée yarari ku bitaro bya Kacyiru mu mujyi wa Kigali […]
Ku mugoroba wo kuwa Kane tariki 04 Gashyantare 2021,mu murenge wa Gitega,mu karere ka Nyarugenge ho mu mujyi wa Kigali,umwana w’imyaka 16 yishe mugenzi we w’imyaka 13 amuteye icyuma bapfa amafaranga 500. Ababonye uko byagenze babwiye Igihe.com dukesha iyi nkuru ko intandaro y’uru rupfu ari amafaranga 500 umugiraneza yahaye aba bana bombi ngo bayagabane,nyamara bo […]
Mu gihugu cya Burkina Faso,mu murwa mukuru Ouagadougu,hari umusore usa neza na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagize icyo amusaba nk’umukuru w’igihugu. Amafoto yashyizwe ku mbuga zo muri kiriya gihugu zirimo urwitwa Afrik Buzz na BT Media agaragaza uyu musore wenda gusa na Perezida Kagame haba mu isura ndetse n’igihagararo uretse ko imyaka yo ubona […]
Kuri ubu ibintu ntibyoroshye ku murwa mukuru wa Centrafrique,Bangui,mu gihe inyeshyamba zagose uyu mujyi nk’uko bivugwa n’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe. Martin Ziguélé avuga ko iminsi yose intambara yabaye urwunge mu gihugu kandi ko ubwe adashobora kuva i Bangui adaherekejwe n’abasirikare. ONU na yo iremeza ko abantu barenga 200.000 bataye ibyabo kuva intambara itangiye mu kwezi […]
Mu bujurire bwe, Paul Rusesabagina yabwiye urukiko ko yashimuswe akazanwa mu Rwanda aboshywe, nk’imwe mu mpamvu abona ko zari zikwiye gutuma arekurwa akaburana ari hanze mu gihe ategereje ko urubanza rwe rutangira kuburanishwa mu mizi. Rusesabagina avuga ko yagejejwe mu Rwanda ashimuswe akamara iminsi 4 umuryango we utazi aho aherereye. Avuga kandi ko umucamanza wa […]
Leta ya Iran yiyemeje guhorera iyicwa ry’umwe mu bahanga bayo bakomeye mu bya nikleyeri, Mohsen Fakhrizadeh, wiciwe hafi y’umurwa mukuru Tehran kuwa gatanu ushize. Uyu Fakhrizadeh yapfiriye mu bitaro, nyuma y’igitero cyagabwe ku modoka ye i Absard ho mu karere ka Damavand. Hossein Dehghan, umujyanama mu bya gisirikare w’umutegetsi w’ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, […]
Mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abantu 5 bishwe n’inkuba yabakubise kuri uyu wa Kabiri, ndetse inakomeretsa bikomeye abandi batanu. Abapfuye harimo abagore batatu n’abakobwa babiri bo mu gace ka Walikale, bo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuyobozi wa Komine Walikale, Placide Moba Malasi, yatangaje ko ibi byabaye ahagana mu masaha ya saa […]
Kamala Devi Harris, umugore uzaba yungirije Perezida Joe Biden uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yishimiye kuba ari we mugore wa mbere wanditse amateka yo kuba Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uhereye kuri George Washington wabaye Perezida wa mbere wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka wa 1789 kugeza […]
Joseph Robinette Biden Junior, uzwi nka Joe Bien, yavutsemu 1942 avukira mu muryango w’abakirisitu gatorika i Scanton muri leta ya Pennsylvania. Ababyeyi be ni Joseph R.Biden na Cathelina Eugenia Biden watorewe kuba Perezida wa 46 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo guhigika Donald Trump bari bahanganye, ni we perezida wa kabiri wo mu […]