….Queen: Ninjyewe Dyla! Urabizi ndakubaha/ndakwemera ndetse ndagukunda nka Brother, Workmate… gusa umbabarire ninkubwira aya magambo, sinkushaka kuri Sandra……….. Ohlalaa! Telephone nari mfatishije ukuboko nayishyize ku gutwi, nahise nyimanura gake gake mpaka yikubise hasi, disi nashidutse amarira atangiye kumbunga mu maso! Ibi byanyeretse urukundo nkunda Sandra mpamya nashidikanya ko ariwe umutima wifuza kurusha undi uwo ari […]
Inkuru irambuye
….Michou: Wenda aya magambo ntibyoroshye kuyumva, ariko ibyari bindimo byose igihe twabaga turi kumwe igihe cyose nawe uzi, byose byari urukundo. Iki nicyo gihe cyacu Dyla…. Uwo muntu ni njyewe. My God! Michou…………………………………..Nabumbuye amaso nisanga ndyamye ahantu ntazi, umunwa wanjye utwikiriwe n’ipombo imwe bashyiraho abarwayi babuze umwuka n’ibindi nkiri kubyibazaho mpita numva ijwiRiti “Wow! Mama, […]
Inkuru irambuye
….Ubwo naratuje amagambo yose Yannick yavuze nayabitse ahantu ubundi nanjye niyemeza kumubwiza ukuri…..Njyewe: Brother, uwo muhungu Michou yitaga Boyfriend we, ni njyewe……. Ako kanya Yannick yahise yikanga!Yannick: Ngo?? Wowe?Njyewe: Yes ni njyewe! Yannick sinzi niba ahubwo utari ubizi ukaba ugira ngo unyumve, cyangwa se ahubwo nyuma ahubwo nyuma yo kukubwira ibi, bitaba intandaro yo gushwana […]
Inkuru irambuye
….Michou: Dylan, ngo umunsi w’ejo ngo ushobora kuba ariwo wa nyuma we wo kubaho kuko ngo niyo yakureba mu maso akakubwira ko agukunda, ngo yahita yipfira! Dylan, uwo muntu nanjye namenye neza ko agukunda pe, ntuzigere umubabaza ngo utume apfana agahinda.Dylan: Michou, uzi ukuntu ngize ubwoba? Sawa ntacyo reka nitegure gusa mfite amatsiko menshi yo […]
Inkuru irambuye
….Njyewe: Ngo? Michou are you sure?Michou: I’m sure Dyllan, sinkiri mu rukundo na Yannick! Ubwo nabuze icyo mvuga nubika umutwe nari nayobewe impamvu yateye Michou kuva mu rukundo na Yannick…. Naratuje ndebana na Michou twese tudahumbya ubundi ndamubwiraNjyewe: Michou, ni iki cyabiteye ko Yannick ari umuhungu witurije! Michou yarebye hasi akanya gato ubundi araturika ararira […]
Inkuru irambuye
….Papa Michou: Nkunda cyane iyo unyise iryo zina! Ejo rero naganiriye n’umukobwa wanjye njyewe na Mama Michou, gusa yarantunguye cyane. Nongeye kwishimira umukobwa wanjye Michou kuko yasubiye mu murongo muzima nubwo ntazi icyo azakurikiza ho, gusa uko byagenda kose ubwo asubiye mu murongo mwiza bizaba byiza kurushaho! Imbere yacu Michou yaduhamirije ko atagikundana na kagahungu […]
Inkuru irambuye
Abakunzi ba ruhago nyarwanda bose, amaso bayahanze umukino w’ishiraniro uzahuza ikipe y’igihugu y’u Rwanda na Uganda mu mukino wo gushaka itike igana muri Qatar. Nyuma y’amezi 8 u Rwanda na Uganda bigiye kongera guhura aho aya makipe yaherukaga gucakirana mu mikino ny’afurika y’abakina imbere mu gihugu (CHAN) aho byarangiye aguye miswi. Kuri ubu Kapiteni w’ikipe […]
Inkuru irambuye
….nahise mpishimira! Tukinjira mo imbere natunguwe no gusangamo Berline na Claudia n’abandi bantu bake. Bakimbona bahise basa nk’abatunguwe maze Berline ahita aza arampobera Claudia nawe biba uko banasuhuza Braise na Diana gusa kuri Braise we kumubona ubwabyo nabonaga byabarenze ndabizi baramwerega, umuhungu wanjye erega aho amaze kuba Umustar! Njyewe: Berline na Claudia, turongeye turahuye!Claudia: Igo […]
Inkuru irambuye
…Sandra yakupye phone ntabishaka! Ijwi rye ubwaryo ryanjyanaga mu yindi si, nkumva nakwigumira yo! Isura ye niyo yangumye mu bitekerezo mubyukuri nari nabuze amahoro kubwa Sandra.Hashize akanya Braise arinjira afite ibyishimo bigaragarira amaso yaraje aransuhuza ubundi arambwira! Braise: Bro, bimeze bite? Wabonye ukuntu twatanze isomo??Njyewe: hh! Mn Brai, naba nkubeshye nkubwiye ko narebye match! Narindi […]
Inkuru irambuye
Twese twarikanze! Ku mutima nti “Mana tabara Babalao” Ubwo Babalao yahise yisetsa ubundi aravuga!Babalao: Afande ubanza abantu basa ntacyo bapfana, ariko mubyukuri umuhungu wakoraga aha simuzi! Afande: Zana ID yawe! Nari mfite ubwoba ngerageza kubihisha ubundi Babalao akuramo ID ye ntacyo yikanga ubundi arahaguruka ajya kuyiha Afande ubundi Afande arayitegereza cyane mbona hari ibyo ari […]
Inkuru irambuye
…My God! Nahise nibaza ikibazo gikomeye! Abo bantu kuki bakubitishije Yannick bamuzi he? Kuki bari gushaka ko papa abaha miliyoni100 kugira ngo ndekurwe?Akokanya nahise mera nk’utaye umutwe ibitekerezo bimbana byinshi ntangira disi gupfukama hasi nsenga Imana nibura ngo imvane muri ibi bintu nongere ngaruke mu bandi! Hari numvaga ko ibi bitari kuba kuri Dyllan.Isengesho namaze […]
Inkuru irambuye
…Uwo muntu: hh! Ndabizi sha, banyita… Oya nako izina ryanjye singombwa! Gusa, ndakubwiza ukuri ko aho hantu utahasohoka mu gihe utabwiye so ngo abanze akora ibyo agomba gukora! Niba uzi ubwenge mbwira so akemure ibibazo dufitanye kuko ntatabikemura ntabwo ushobora gusohoka mo ahongaho!Njyewe: What,,, nonese ushaka kuvuga ko ndi ahangaha ntakurikiranyweho ikindi cyaha, ahubwo ari […]
Inkuru irambuye
…My God nari ngeze aho ntakibasha kwihangira iki kigeragezo! Nahise mfata ukuboko Esther turasohoka duha amahoro Michou! Gusa nari nacitse intege bigaragara amarira yari atangiye kumbunga mu maso, akababaro nari mfite kakambuza kugenda. Esther we yari yarize uwatubonye kugera kuri gate niwe wabaha ubuhamya! Twinjiye mu modoka Esther musaba ko twajyana murugo arabyemera. Nasanze Braise […]
Inkuru irambuye
..Yannick: …ntabwo urukundo rwanjye na Michou ruzashoboka. Njyewe ubu namaze no kubivamo burundu. Nkimara kumva ayo magambo naratunguwe cyane gusa nagombaga kuba intwari nkabera imfura Dylan waje ungisha inama, nirengangije urukundo nkunda Michou nshaka gushyira imbere ubutwari! Dylan: Bro, ibintu numvise nibyo cyangwa? Ujya ureba Film bro?Yannick: Ndazireba cyane!Dylan: Mu bihe bidasanzwe ndetse bikomeye cyane, […]
Inkuru irambuye
… Diane na Braise bo bahise basohoka baragenda bakurikirwa na MC ndetse na musaza wa Michou witwaga Mike abari basigaye twakomye amashyi usibye Ababyeyi bari aho! Papa Michou yongeye kuvuga! Papa Michou: No no no! Ibi bintu simbishaka! Papa Michou nawe yahise asohoka mu byukuri ababaye cyane! Twasigaye muri Saloon turi abantu nka barindwi gusa, […]
Inkuru irambuye
… Michou yabuze icyo asubiza numva asa nuri kurira mpita mubaza!Dylan: Michou, bigenze gute? Ako kanya Michou yahise akupa ntangira kwibaza ibibaye! Naramuhamagaye ntiyanyitaba ndangije ntangira no kwishinja ibyaha ntakoze! Nahise nguma aho muri Saloon ndi mu bitekerezo byinshi hashize akanya njya kuzana Machine mucyumba mba nirebera ya Serie y’urukundo ndayireba igeze mo hagati njya […]
Inkuru irambuye
…Natashye mur ugo njyenyine kuko muri ako kanya ntari kubona Braise, ngezeyo nshaka uburyo nateka kuko numvaga nshonje. Ubwo ninabwo nahise mbona Phone yanjye iri gusona, ndebye umpamagaye ntungurwa no gusanga ari Yannick… Yannick uwo mvuga ubwo namwe muramuzi! Ni cher wa Michou! Ubwo narashidikanye kukumwitaba gusa nsanga nta mpamvu yatuma ntabikora ubundi nditaba nshyira […]
Inkuru irambuye
Muraho! Umwanditsi w’iyi nkuru ndende yifuje kubiseguraho ku bw’akabazo kabayeho gatuma atabagezaho inkuru ku gihe, gusa inkuru irajya ibageraho inshuro nyinshi zishoboka. Tuboneyeho no gushimira buri wese ukurikira ndetse ukunda gusangiza abandi inkuru zose zinyura hano kuri Imirabyo.com. …Njyewe: No, Michou! No! Ibyo wakoze birahagije! Michou yahise asubira mu byicaro nanjye mbanza kwegekaho Rideux no […]
Inkuru irambuye
Nitwa Dylan! Ubwo nkimara kumenya neza ko Michou nafataga nk’umukunzi wanjye w’bihe byose anca inyuma ndetse atankunda, nahise niyemeza kuba mpagaritse burundu iby’urukundo ndetse nawe nahise mpagarika kuvugana nawe! Mubyukuri nahoranaga agahinda. Ako kanya ndi mu bitekerezo byinshi umusore twabanaga, araza arambwira! Braise: Dylan, uziko Gas yashize wana? Ngiye guhamagara cyagi petit gisanzwe kijya kuyidushyiriramo […]
Inkuru irambuye
….Nahise mpishimira! Tukinjira mo imbere natunguwe no gusangamo Berline na Claudia n’abandi bantu bake. Bakimbona bahise basa nk’abatunguwe maze Berline ahita aza arampobera Claudia nawe biba uko banasuhuza Braise na Diana gusa kuri Braise we kumubona ubwabyo nabonaga byabarenze ndabizi baramwerega, umuhungu wanjye erega aho amaze kuba Umustar! Njyewe: Berline na Claudia, turongeye turahuye! Claudia: […]
Inkuru irambuye
error: Mwihangane, iyi nyandiko irarinzwe bihambaye