Mw’itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibiro bya Minisitiri w’intebe , ritangaza ko uhereye none kuri uyu wakane, taliki 09 Mata 2020.
Perezida wa Repubulika yavanye Amb Olivier Nduhungirehe kumirimo ye wari umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe Umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba kubera imikorere yakunze kumuranga yo gushyira imbere imyumvire ye aho gushingira kuri Politike za Leta mukazi yari ashinzwe
Itangazo ryaturutse mu ibiro bya Minisitiri w’ Intebe