Kuwa 14 Nyakanga 2020 Leta ya Iran iratangaza ko yishe uwahoze akora muri minisiteri y’ingabo nyuma y’uko ahamwe ni icyaha cyo kugurisha amabanga kuri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ya za Misile. Umuvugizi mu rwego rw’ubutabera muri leta ya Irana ‘Gholamhossein Esmaili’, yabwiye abanyamakuru ko uyu mugabo Reza Asgari yishwe mu cyumweru gishize ariko byabaye ngombwa […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 11 Nyakanga 2020 Mu nama nkuru y’ishyaka riri ku butegetsi ,Chama Cha Mapinduzi (CCM) yateranye yemeza ko Perezida John Magufuli ariwe mukandida waryo watanzwe mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa cumi uyu mwaka wa 2020. Iyi nama yateranye kuri iki cyumweru tariki ya 11 Nyakanga 2020 mu […]
Kuwa 2 Nyakanga 2020 Ku nshuro ya 60 DR Congo yizizhiza ubwigenge nyuma y’uko Patrice Lumumba abaye Minisitiri w’intebe wa mbere w’iki gihugu ubwo hari tariki ya 22 Kamena 1960 ubwo babirinduraga ingoyi y’Ababiligi tariki ya 30 Kamena 1960. Uyi mpirimbanyi mu bya politike Limumba Patrice iyo aba akiriho ubu aba agize imyaka 95 dore […]
Kuwa 1 Nyakanga 2020 Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 58 y’ubwigenge mu Burundi,Perezida Evariste yahaye ishimwe rikomeye umwana wa Perezida Nkurunziza witwa Liyetona Kelly Nkurunziza mu bo yahaye ishimwe. Ntago ariwe gusa washimiwe kuko hari n’abandi basirikare babiri harimo umwe wapfuye utavuzwe izina nkuko BBC yatangaje iyi nkuru yabivuze. Ibi birori byabereye mu murwa […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 30 Kamena 2020 Uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubufaransa, François Fillon n’umugore we, Pénélope, bakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’icyaha mu rubanza rw’uburiganya bw’akazi. Uyu munyapolitiki wabaye Minisitiri w’intebe hagati ya 2007 na 2012 ku butegetsi bwa perezida Nicolas Sarkozy, yahamijwe icyaha nyuma yo kwishyura umugore we $ 938.000 […]
Kuwa 26 Kamena 2020 Mu mugi wa Rasorio muri Argentine hari igikorwa cyo kugurisha inzu y’icyamamare mu bya politiki ndetse n’impirimbanyi y’impinduramatwara yamamaye ku isi mu kinyejana gishize cya 20 Che” Guevara . Nyiraho ubu, witwa Francisco Farruggia, avuga ko aha hantu hari inzu ya ‘apartment’ iri ku buso bwa metero kare 240 yahaguze mu […]
Kuwa 24 Kamena 2020 BBC dukesha iyi nkuru imaze gutangaza ko Koreya ya ruguru imaze guhagarika igikorwa cya gisirikare gikorwa na Koreya y’epfo, nkuko igitangazamakuru cya leta kibitangaza. Mu byumweru bishize, hari habayeho kwiyongera kw’imvugo y’uburakari ituruka muri Koreya ya ruguru. Iyo mvugo yatewe n’ibikorwa by’impirimbanyi zatorotse Koreya ya ruguru zigahungira mu y’epfo, zifite gahunda […]
Kuwa 23 Kamena 2020 Kuri uyu wa Kabiri Perezida Paul Kagame, arageza ijambo ritangiza inama ihuza abayobozi bahuriye mu ihuriro ry’ibigo by’ubucuruzi kuri uyu mugabane, ikaba iri bukorwe mu buryo bw’ikoranabuhanga mu kwirinda icyorezo cya coronavirus. Ni ku nshuro ya mbere iyi nama iri bube iteranye, kuva icyorezo cya coronavirus cyaduka ku Isi mu mpera […]
Kuwa 22 Kamena 2020 Tariki ya 26 Kamena uwahoze ari Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza azashyingurwa, ahazwi nki i Gitega ku murwa mukuru wa politike. Ubutumire bwo gusezera kuri Nkurunziza buragaragaza ko abantu batumiwe mu muhango wo kumuha icyubahiro, kuri Stade ya Ngoma muri Gitega saa yine za mu gitondo ku wa 26 Kamena. Pierre […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 22 Kamena 2020 Bamwe mubashinzwe ibikorwa byo kwamamaza Perezida Donald Trump barahakana ko ubukangurambaga bwo ku rubuga rwa Tik-Tok n’abafana b’itsinda rya muzika K-pop ari bo batumye igikorwa cye cyo kwiyamamaza ku wa gatandatu ushize ahazwi nka i Oklahoma kizamo abantu bake. Urubyiruko rwinshi rutarageza ku myaka 20 rwafashe amatike […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 19 Kamena 2020 Ishyaka MSD (Mouvement pour la solidarité et la démocratie) ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu Burundi rivuga ko ijambo Perezida Evariste Ndayishimiye yaraye avuze “nta cyizere na busa ritanga” ku mpinduka muri politiki mu gihugu. Mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa gananu rishyizweho umukono n’umunyamabanga wa MSB mukuru Francois […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 18 Kamena 2020 Igitabo gishya cya John Bolton wahoze ari umujyanama mu by’umutekano wa Perezida Donald Trump kivuga ko yasabye Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping kumufasha ngo azatsinde amatora ateganyijwe. Mu gitabo cye Bwana Bolton avuga ko Bwana Trump mu buryo butangaje yakomeje kuba umuntu “udasobanukiwe no gutegekera” muri White House. […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 18 Kamena 2020 Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, yatangiye gukusanya imikono y’abarwanashyaka ba Chama Cha Mapinduzi (CCM) bamushyigikiye, kugira ngo azabashe guhagararira iryo shyaka mu matora y’umukuru w’igihugu ari imbere. Kuri uyu wa Gatatu nibwo Magufuli yashyikirijwe inyandiko zizuzuzwa n’abarwanashyaka be bamwemeza nk’umukandida wa CCM, azishyikirizwa n’Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka, […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 17 Kamena 2020 PBS News Hour dukesha iyi nkuru ivuga ko, Kuwa kabiri tariki ya 16 Kamena 2020, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump, yasinye Itegeko rikora impinduka mu mategeko agenga igipolisi, cyane cyane aho avuga ku bijyanye n’uburyo abapolisi bafata abo bata muri yombi. Yategetse ko […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 16 Kamena 2020 Koreya ya ruguru yaturikije ibiro byayo byayihuzaga na Korea y’epfo biri hafi y’umujyi wa Kaesong uri ku mupaka w’ibihugu byombi, nkuko abategetsi ba Korea y’epfo babivuga. Ibi bibaye hashize amasaha gusa Korea ya ruguru ikangishije bundi bushya Korea y’epfo ko igiye gukora igikorwa cya gisirikare. Ibyo biro […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 15 Kamena 2020 Uyu ni umwe mu barinzi bakomeye barinda abaperezida benshi hirya no hino ku isi, uyu akaba ari umurinzi ukomeye cyane urinda Perezida wa Malawi’ Peter Mutharika. Ubwo yagaragaraga bwa mbere hari tariki ya 29 Gicurasi 2019 ubwo perezida wa Malawi yari agiye kurahira mu mugi wa Blantyre […]