Col Theoneste Bagosora wahamijwe ibyaha bya jenoside, iby’intambara, n’ibyibasiye inyokomuntu n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, yitabye Imana aguye muri Mali. Ibi byemejwe na bamwe mu muryango we bari kumwe muri Mali aho yarangirizaga igihano urwo rukiko rwari rwamukatiye. Mu mwaka wa 2008, urukiko rwamukatiye gufungwa burundu nyuma icyo gihano kiza kugabanywa mu bujurire mu […]
… Diane na Braise bo bahise basohoka baragenda bakurikirwa na MC ndetse na musaza wa Michou witwaga Mike abari basigaye twakomye amashyi usibye Ababyeyi bari aho! Papa Michou yongeye kuvuga! Papa Michou: No no no! Ibi bintu simbishaka! Papa Michou nawe yahise asohoka mu byukuri ababaye cyane! Twasigaye muri Saloon turi abantu nka barindwi gusa, […]
Nyuma yo gutangaza abahanzi bahatanye mu byiciro bitandukanye, kuri uyu wa Mbere hatangijwe amatora yo kuri interineti mu rwego rwo guha umwanya abafana kugira ngo bagire uruhare mu kwitorera ababashimishije. Kuri ubu,ushaka gutora aca ku rubuga rwa interineti rwa kissfm.rw, Kandi umuntu akaba yemerewe gutora inshuro imwe muri buri cyiciro. Mu cyiciro cya Best Summer Song […]
U Rwanda rwakiriye bwa mbere doze 108.000 z’inkingo za Covid-19 zo mu bwoko bwa Johnson & Johnson;ku mugoroba wo kuwa 02 Nzeri 2021 mu cyiciro cya mbere cy’izirenga miliyoni ebyiri rwaguze. Inkingo za Johnson & Johnson zakozwe n’Abanyamerika, ziyongereye ku zindi u Rwanda rwifashishaga zirimo AstraZeneca y’Abahinde, Pfizer y’Abanyamerika na Sinopharm y’Abashinwa rwakiriye ku wa […]
Umuhanzi Tuyishime Joshua,wamamaye cyane ku izina rya Jay Polly,yitabye Imana azize uburwayi aho yari arwariye mu bitaro bya Muhima mu mujyi wa Kigali. Uyu muhanzi Jay Polly yari uherutse gufatirwa icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo kubera ibyaha yakekwagaho, yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane mu bitaro bimwe biherereye mu Mujyi wa Kigali nk’uko […]
Perezida Denis Sassou Nguesso usanzwe ayobora Republika ya Kongo Brazaville,ari guhabwa amahirwe mu matora yo kuri iki Cyumweru,gusa abatavuga rumwe n’ubutegetsi bo bakavuga ko ayo matora atabaye mu mucyo kandi ko agamije gushyira imbere uwari asanzwe ari Perezida. Nta makuru y’umutekano muke yavuzwe mbere y’uko ibiro by’amatora bikifungura, ariko ibimenyamakuru byatangaje ko yaba interineti cyangwa […]
Umuryango ‘Compassion International’ ubinyujije mu mushinga RW0394,watanze ibikoresho kuri bamwe mu baturage batishoboye bo mu karere ka Rusizi uranaboroza. Imiryango yo mu murenge wa Mururu ho mu karere ka Rusizi ni yo hahawe ibikoresho birimo imyenda y’abana,uburyamo bugizwe na matora ndetse yorozwa n’inkoko. Iyi miryango yishimiye iki gikorw cy’uyu mushinga kubwo kubagoboka muri ibi bihe […]
U Rwanda rwamaze gutangaza ikiriyo mu rwego rwo kwifatanya na Tanzania mu kababaro k’urupfu rw’uwari Perezida w’iki gihugu,John Pombe Magufuli,wapfuye azize indwara y’umutima. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Perezida wa Repebulika y’u Rwanda Paul Kagame, yihanganishije abaturage ndetse n’abo mu muryango wa Perezida Dr. John Pombe Joseph Magufuli. Yagize ati: “Tubabajwe no kubura umuvandimwe […]
Paul Rusesabagina yavuze ko kuye mu rubanza ngo kuko nta butabera ategereje mu rukiko ruri kumuburanisha bityo atazongera kwitabira urubanza aregwamo. Ibi Rusesabagina yabivuze ubwo urukiko rwari rumaze kwanga ubusabe bwe bwo gusubika uru rubanza igihe cy’amezi atandatu, rutegeka ko rukomeza we akaziregura nyuma. Rusesabagina n’umwunganizi we Me Felix Rudakemwa bavuze ko basaba igihe gikwiriye […]