Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 15 Kamena 2020 Amwe mu mabwiriza y’ingenzi mu kwirinda coronavirus, ni uguhana intera no kwirinda guhurira ahantu hari abantu benshi, ibyo bijyana no kwirinda gukorakoranaho cyangwa gufata ku kintu abandi bantu bafasheho kidasukuye. Nubwo bimeze bityo, imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu byangombwa nkenerwa mu bashakanye kandi bitoroshye kuyikora abashakanye badakoranyeho. […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 14 Kamena 2020 Hotel ebyiri zikorera mu Mujyi wa Musanze n’inzu imwe icumbikira abashyitsi (Lodge) zashyizwe mu kato k’igihe nyuma y’uko hari abantu banduye Coronavirusi bazinyuzemo. Umwe mu bakozi ba hotel imwe iri mu zafunzwe, yatangaje ko ubu abakozi bazo bose bari gupimwa ngo harebwe niba baba bataranduye. Ni mu […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 14 Kamena 2020 Ubwoba ni bwose mu Mujyi wa Beijing nyuma y’uko agace kamwe kawo gashyizwe muri Guma mu rugo kamaze kugaragaramo abarwayi ba mbere ba Coronavirus mu minsi 50 yari ishize nta bwandu bushya. Abantu 45 muri 517 bapimwe mu isoko rya Xinfadi basanzwemo Coronavirus, gusa muri aba bose […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele Kuwa 13 Kamena 2020 U Rwanda ni kimwe mu bihugu bigize umugabane wa Africa bimaze kubona abarwayi bashya ba koronavirus bagera kuri 31 none tariki ya 13 kamena 2020, ibi bikaba byatumye umubare wabarwaye koronavirusi mu Rwanda ugera kuri 541. Iyi mibare yose yatangajwe ikaba yavuye mubipimo 2043byiyongera kubindi bimaze gufatwa […]
Yanditswe na MUTABAZI Fidele U Rwanda ni kimwe mu bihugu bigize umugabane wa Africa bimaze kubona abarwayi bashya ba koronavirus bagera kuri 16 none tariki ya 12 kamena 2020, ibi bikaba byatumye umubare wabarwaye koronavirusi mu Rwanda ugera kuri 510. Iyi mibare yose yatangajwe ikaba yavuye mubipimo 1584 byiyongera kubindi bimaze gufatwa byose hamwe bikaba […]
Ni kuri uyu wagatanu aba isilamu bose bo murwanda baratanjyira ijyisibo jyitagatifu cy’ukwezi kwa Ramadan, Dore ubutumwa bwa Mufti w’u Rwanda Sheikh Salim Hitimana ajyezaho abanyaRwanda bose, byumwihariko aba islam. Yajyize ati Ndifuriza mbere na mbere by’umwihariko aba Islam bose bo m’urwanda ijyisibo cyiza cya Ramadan. n’abanyarwanda muri rusanjye. ati Nibyo koko turimujyihe cyidasanzwe, ariko […]